Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe busaba abaturage kubaka hakurikije igishushanyombonera, bakirinda gutura ahatemewe. Ni ubutumwa butangwa n’umuyobozi…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana Nzirabatinya Modeste aratangaza ko inteko z’abaturage zifasha gukemura ibibazo no…
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga 2025, mu Karere ka Kirehe abaturage batuye mu Kagari ka Ruhanga mu Murenge wa Kigina bazindukiye muri gahunda…
Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere Bwana Rangira Bruno, ari kumwe n'abandi bayobozi yatangirije ku mugaragaro ibizamini bisoza ibyiciro by'amashuri…
Kuri uyu wa Mbere tariki 07 Nyakanga 2025, Perezida w’inama njyanama y’Akarere Prof. Dr. Kabera Callixte, n’Umuyobozi w’Akarere Bwana Rangira,…
Hirya no hino mu Karere, kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Nyakanga 2025, habereye ibirori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye…
Mu rwego rwo kwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 31, kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nyakanga 2025, hirya no hino mu Karere hatashywe ibikorwa bitandukanye…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 30 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere Bwana Rangira Bruno, komite nyobozi, n’inzego z’umutekano bifatanyije…
Mugitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame Mukandayisenga Janviere ari kumwe n’izindi…
Ku bufatanye bw'Akarere n'Ikigega cyihariye cy'ingoboka, hatangijwe umushinga wo gucukura umuringoti uzaba ureshya n'ibirometero 30 uzacukurwa mu bice…