Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe busaba abaturage kubaka hakurikije igishushanyombonera, bakirinda gutura ahatemewe. Ni ubutumwa butangwa n’umuyobozi…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Ukwakira, hirya no hino mu mirenge 12 igize Akarere hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'abageze mu zabukuru.
…Kuri Kabiri tariki 07 Ukwakira,Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame Mukandayisenga Janviere yitabiriye gahunda yo…
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana Nzirabatinya Modeste, afatanyije n’Umuhuzabikorwa wa gahunda ya Ejo Heza mu turere…
Kuri uyu wa Mberet ariki 06 Ukwakira 2025, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu Bwana Nzirabatinya Modeste ari kumwe…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 01 Ukwakira 2025, ku gicamunsi mu Murenge wa Kigina mu kagari ka Gatarama, Komite Nyobozi y'Akarere iyobowe n'Umuyobozi…
Guhera tariki 30 Ukwakira, kugera tariki 01 Ukwakira 2025, Abasenateri bagize itsinda rya Komisiyo ya Sena ya Politiki n'lmiyoborere, bayobowe na…
Ubuyobozi bw’Akarere butangaza ko ubu imirimo yo kubaka inzu yihariye yagenewe imikino n'imyidagaduro izwi nka ‘Gymnase’ n’ikigo cy’urubyiruko biri…
Kuri uyu wa Gatatu, Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera [Rwanda Forensics Institute-RFI]…
Ku bufatanye bw’Akarere na Water for People, mu karere hari gukorwa igikorwa cyo guhemba ibigo by’amashuri byatsinze amarushanwa y’isuku n’isukura…