Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

ITANGAZO RY'AKAZI

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buramenyesha abantu bose bakoze ikizamini cyanditse ku myanya itandukanye muri Service y’uburezi mu Karere ka Kirehe bakaba barabonye amanota guhera kuri 25/50 cyangwa 50/100 ko babonye amanota abemerera gukora ikizamini cyo mu buryo bw’ikiganiro (Oral Interview), icyo kizamini kikaba giteganyijwe gukorwa ku wa gatanu tariki ya 27/07/2018 guhera saa mbiri za mugitondo ku cyicaro cy’Akarere ka kirehe.

Bikorewe I Kirehe ku wa 25/07/2018

MUZUNGU Gerald

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe

 

SOMA URUTONDE RW'ABAZAKORA IKIZAMINI