Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Ubuzima

Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'ubuzima

Igenamigambi ritegurwa n'abakozi hashingiwe ku byo abaturage bakeneye muri rusange. igenamigambi rinoze nibyo bihesha Akarere kugera ku nshingano kaba kariyemeje mu ngengo y'imari y'uwo mwaka. Igenamigambi rikubiyemo imihigo Akarere gakorana na Nyakubahwa Prezida wa Repubulika. Nyuma y'umwaka w'ingengo y'imari ikagenzurwa niba yaragezweho.