GUTUNGANYA IMIHANDA Y'IGITAKA YAGIYE YANGIRIKA BIZAKORESHWAMO MILIYONI 80FRW
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko kuri ubu hamaze gutegurwa amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 80 agiye gushyirwa mu bikorwa byo gusana…
HASHOJWE ICYUMWERU CY'UBUREZI GATORIKA
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi w'Akarere Bwana Rangira Bruno, yitabiriye anatanga impanuro muri gahunda isoza icyumweru cy'uburezi…
ABANGAVU BABYARIYE IWABO BAHAWE UBUFASHA BUKOMATANYIJE(GBV Clinic)
Kuri uyu wa Kane, tariki 15 Gicurasi mu Murenge wa Musaza habereye igikorwa cyo gufasha abangavu babyariye iwabo guhabwa ubufasha bukomatanyije(GBV…
ABAYOBOZI BATURUTSE MURI BANKI Y'ISI NA RBC BASUYE AKARERE
Umuyobozi w’Akarere Bwana Rangira Bruno, ari kumwe n’Umuyobozi mukuru w’Ibitaro by’Akarere Dr Niyonkuru Aine Ernest, kuri uyu wa Gatatu yakiriye…
UBUYOBOZI BWAHAYE ABATURAGE UBUTUMWA BWO GUHARANIRA KUGIRA IMIRYANGO MYIZA, BIMAKAZA UMUCO W'IBIGANIRO BYIZA
Mu nteko z'abaturage zateranye mu Karere kacu muri iki cyumweru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri mu mirenge 9 no ku wa Gatatu mu mirenge ya Kirehe,…
ABANDITSI B'IRANGAMIMERERE BAHAWE AMAHUGURWA
Mu gihe cy'iminsi ibiri, tariki 12 na 13 Gicurasi, mu Karere kacu hatanzwe amahugurwa yateguwe na Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yagenewe…
IMIRIMO YO KUBAKA INZU Y'ABABYEYI KU KIGO NDERABUZIMA CYA MUSAZA YAGEZE KU MUSOZO
Imirimo yo kubaka inzu yagenewe kwita ku babyeyi [Maternity], ku kigo nderabuzima cya Musaza, mu Murenge wa Musaza ubu yamaze kugera ku musozo. Iyi…
COOPRIKI-CYUNUZI YISHYURIYE MITUWELI YA 2025-2026 ABANYAMURYANGO BAYO BOSE N'ABAGIZE IMIRYANGO YABO
Kuri uyu wa Kabiri, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Bwana Nzirabatinya Modeste yitabiriye igikorwa cyateguwe na…
IKIPE Y'UMURENGE WA KIREHE YATSINZE Y'UWA MBAZI 1-0 MU IRUSHANWA RY'UMURENGE KAGAME CUP 2024/2025
Kuri Stade y’Akarere ka Huye, mu Ntara y'Amajyepfo habereye imikino ya ¼ mu marushanwa y’Umurenge Kagame Cup 2024/2025 ku rwego rw’Igihugu ikipe…
UMUSARURO W’INANASI ZERA MU MURENGE WA GAHARA UFITIWE ISOKO RYIZA MU BUFARANSA
Mu Murenge wa Gahara mu Karere kacu hakorerwa ubuhinzi bw’inanasi bukorwa mu buryo bw’umwimerere, aho abahinzi bibumbiye muri Koperative Tuzamurane,…